Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Icyo gihe mu gusubiza, Perezida Cyril Ramaphosa yavuze ko atazi impamvu ubutaka bwa Afurika y'Epfo buba ikibazo cya Trump.
U Rwanda rwamaganiye kure ibirego bishinja Ingabo z’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo ry’inama idasanzwe yahuje abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y ...
Abasesengura politiki y’akarere, baravuga ko inzira y’ibiganiro aricyo gisubizo gishoboka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Ni mu gihe inama ...
Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
Ingabo za Afurika y’Epfo ziri Mubambiro na Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo ziri mu ihurizo ry’uburyo zageza mu gihugu cyabo abaguye ku rugamba barwana ku ruhande rw’ingabo za RDC na ...
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera. Umukuru ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’uwariwe wese warushozaho intambara. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiriye kuri ...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Sheikh Shakhboot Bin Nahyan Al Nahyan, byibanze ku mubano ...
Impunzi z’Abanye-Congo zari zicumbikiwe mu Nkambi y’Agateganyo ya Rugerero zikomeje gusubira iwabo nyuma y'iminsi ibiri M23 ifashe Umujyi wa Goma itsinze Ingabo za DRC (FARDC) n’abo bafatanyije barimo ...
Inararibonye n’impuguke muri Politiki zisanga imikorere y'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba, nikomeza uko iri, aho ibihugu usanga biharanira inyungu zabyo bwite, bishobora kuzatuma utagera ku ntego ...